Ibindi byamamare
Niyonkuru Zephanie wabaye umusifuzi mpuzamahanga, akaba umunyamabanga wa MINISPORTS ni muntu ki?

Niyonkuru Zephanie afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n’Ubukungu yakuye muri Kaminuza y’i Londres (SOAS University of London).
Yize ibijyanye n’iterambere kandi mu Ishuri ryo muri Suède ryigisha ibijyanye n’imiyoborere no muri Kaminuza ya Jiangxi mu Bushinwa.
Niyonkuru Zephanie yabaye umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya siporo mu Rwanda.
Tariki ya 23 Kanama 2024, hasohotse itangazo ryavugaga ko Bwana Niyonkuru Zephaine yavanywe ku mirimo yo kuba Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS).”
Niyonkuru Zephanie Yabaye umusifizi mpuzamahanga w’umupira w’amaguru aho yasifuraga ku ruhande (umusifuzi w’igitambaro) mu mupira w’amaguru.
Niyonkuru Zephanie yakoze nku muyobozi Mukuru wungirije w’Urwego rushinzwe Iterambere, RDB.
Akaba yari yarabanje gukoramo nk’umuyobozi mu rwego rw’abikorera mu mishinga y’iterambere itandukanye.
Mr. Niyonkuru yahagarariye u Rwanda muri USAID nu gace k’iburasirazuba bw’africa mu bucuruzi n’ishoramari.
Zephanie yakoze kandi muri banki y’isi, mu bufatanye mpuzamahanga mu by’imari, nk’umugenzuzi w’igihe gito, aho yakoraga mu gushakashaka ibifitanye isano n’ishusho y’ubugenzuzi n’ihangana mu biribwa n’ibiyobyabwenge mu nganda zo mu Rwanda.
Muri Nzeri 2021 Zephanie yasezeranye mu mategeko n’umugore we.
-
Ibindi byamamareImaze ibyumweru 4
Niwe wahinduye Bibiliya mu Kinyarwanda, Karasira Juvénal ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 2
Yazize umukobwa, Umukinnyi wa filime Steven Kanumba yari muntu ki?
-
AbahanziImaze ibyumweru 4
Yabyaye impanga z’abana batatu, umuhanzi Kizz Daniel ni muntu ki?
-
Ibindi byamamareImaze ibyumweru 3
Niwe munyarwanda ushobora kuvura Diabéte igakira burundu, Dr Nduwayo Léonard ni muntu ki?