Stewart Maginnis , ni Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Umuryango Mpuzamahanga kibungabunganga Ibidukikije (IUCN). Yaje mu Rwanda muri Nyakanga 2022, mu nama Mpuzamahanga ya IUCN yiga ku kubungabunga...
Sir Ian Clark Wood ni umushoramari ubivanga no gukora ibikorwa by’ubugiraneza abinyujije mu Muryango The Wood Foundation, akaba ariwe washinze Ikigo John Wood Group plc gikora...
Dr. Cindy Descalzi Pereira ni umugore uzwiho gukora ibikorwa by’ubugiraneza no kurengera ibidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima akaba by’umwihariko ari Perezida w’Ikigo Global Events Africa gitegura irushanwa rya...
Kaddu Kiwe Sebunya ni Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wita ku rusobe rw’ibinyabuzima muri Afurika (African Wildlife Foundation). Ni umugabo ufite uburambe bw’imyaka irenga 25 mu kazi kajyanye...
Itzhak Fisher yabaye Perezida w’Inama y’Ubutegetsi y’Urwego rw’Iterambere(RDB) guhera muri 2017 kugeza 2023. Ku wa 18 Gicurasi 2020 nibwo Inama y’Abaminisitiri yari iyobowe na Perezida Kagame...
Naomi Schiff ni Umunyarwandakazi ufite ubwenegihugu bubiri bw’u Rwanda n’ubw’u Bubiligi. Yavukiye mu Bubiligi, akurira muri Afurika y’Epfo ariko ubu aba mu Bwongereza. Naomi wavutse tariki...
Dr Frank Ian Luntz ni Umunyamerika wavutse ku wa 23 Gashyantare 1962 ni umwanditsi w’umuhanga ndetse akaba Umunyepolitiki akaba ari we washinze Ikigo cya Luntz Global...
Dr Ivan Butera ni umunyamabanga muri Minisiteri y’ubuzima kuva mu Gushyingo kwa 2022. Dr Ivan Butera mubagize guverinoma yashyizweho tariki ya 16 Kanama 2024 niwe muto...
Ratan Tata yari azwi cyane mu bucuruzi bw’imodoka ku isi, Ratan Tata yayoboye inganda za Tata kuva mu 1991, ashimwa uruhare rukomeye yagize mu kuvugurura no...
Rusesabagina Paul yavukiye mu yahoze ari Komine Murama muri Perefegitura ya Gitarama ku wa 15 Kamena 1954, ubu ni mu Ntara y’Amajyepfo, Akarere ka Nyanza, Umurenge...
Yavutse ku itariki 16 Mutarama mu 1932, avukira i San Fransisco muri Leta ya California muri Amerika (USA). Akomoka ku witwa Kathryn wakoraga akazi ko kumurika...