Wadusanga

Abanyapolitiki

Senateri Murangwa Ndangiza Hadija ni muntu ki?

Yanditswe,

Kuya

Ndangiza yavutse mu 1975, akura muri Kaminuza ya McGill iherereye i Montreal impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu mu mategeko mpuzamahanga y’ubucuruzi.

Yabaye umwarimu mu yahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda kuva mu 1999 kugeza mu 2004, aba Umuyobozi mu kigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro, RRA, ushinzwe serivisi z’abasora n’amategeko.

Ndangiza yabaye umujyanama w’ikigo mpuzamahanga gifasha abikorera kuzamura ubucuruzi mu mishinga yo kurengera ibidukikije Rwanda, mu Burundi na Uganda kuva mu 2017 kugeza mu 2019, aba n’umujyanama mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) mu bijyanye no guhuza imisoro.

Mu Ukwakira 2019, ihuriro ry’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda ryamugennye nk’umusenateri urihagararira ndetsectariki  ya 19 Nzeri 2024  Murangwa Ndangiza Hadija yongeye kugirirwa ikizere.

Izikunzwe