Abanyapolitiki
Pudence Rubingisa Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba ni muntu ki?

Rubingisa ni inararibonye mu by’ubukungu, akaba yarakoze mu myanya itandukanye irimo kuba umuyobozi muri Kaminuza y’u Rwanda kuva mu 2013 ushinzwe Ishami ry’Ubutegetsi n’Imari, kuba Umuyobozi Wungirije ushinzwe Ubutegetsi n’Imari muri ISAE-Busogo n’ibindi.
Mu mwaka wa 2010-2011, yari Umuyobozi wa Tekiniki n’Ishoramari rusange muri Minisiteri y’Imari.
Rubingisa afite impamyabumenyi ya Masters mu by’imari, yakuye muri Kaminuza ya Saint Louis mu Bubiligi.
Yabaye Meya w’Umujyi wa Kigali wa cumi muri Kanama 2019 nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi kuko nyuma ya Protais Musoni warucyoroye (1997-1999),Marc Kabandana(1999-2001),Theoneste Mutsindashyaka(2001-2006), Aissa Kirabo Kacyira (2006-2011), Fidèle Ndayisaba(2011-2016 ), Monique Mukaruliza (2016) Pascal Nyamulinda (2017-2018) na Marie Chantal Rwakazina (2018-2019).
Rubingisa ubu ni Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba umwanya yasimbuyeho CG (Rtd) Gasana Emmanuel wakuwe ku buyobozi bw’iyo ntara mu Ukwakira 2023.
-
AbahanziImaze ibyumweru 2
Gitari ye iyo ayicuranze mu ndirimbo byanze bikunze iba hit mu Rwanda, Umucuranzi Bolingo Paccy ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 4
Nta mubyeyi numwe yewe nta numuvandimwe yigeze ariko yabaye icyamamare muri cinema, BIJIYOBIJA ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 2
Yararwaye arinda apfa abantu bazi ko ari prank, Vava (Dorimbogo) yari muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 3
Yakoraga urugendo rwamasaha 10 agiye gushaka Camera, Umunyarwenya Danizzo ni muntu ki?