Abanyapolitiki
Niwe muyobozi w’ikigo gishinzwe ingufu kirimbuzi mu Rwanda, Dr Fidèle Ndahayo ni muntu ki?

Dr. Fidèle Ndahayo ni Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ingufu za Atomike.
Dr. Fidèle Ndahayo azwi mu burezi, akaba yarayoboye Kaminuza y’Ikoranabuhanga n’Ubugeni ya Byumba (UTAB).
Yabaye kandi umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda igihe kirekire.
Ni we wa mbere wayoboye ikigo gishya cy’ingufu za Atomike (Rwanda Atomic Energy Board).
Iki kigo cyashyizweho n’Iteka rya Perezida wa Repubulika ryasohotse mu Igazeti ya Leta yo ku wa 4 Ukuboza 2020.
Cyikaba arinacyo cyakomotseho umushinga wo kubaka ikigo cy’ubushakashatsi no gukora imiti byifashisha ikoranabuhanga rya nucléaire, [Center for Nuclear Science and Technology- CNST] kigomba kuba giherereye mu karere ka Bugesera hafi y’icyanya cyahariwe inganda n’Ishuri rya RICA.
-
AbahanziImaze ibyumweru 3
Gitari ye iyo ayicuranze mu ndirimbo byanze bikunze iba hit mu Rwanda, Umucuranzi Bolingo Paccy ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 4
Nta mubyeyi numwe yewe nta numuvandimwe yigeze ariko yabaye icyamamare muri cinema, BIJIYOBIJA ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 2
Yararwaye arinda apfa abantu bazi ko ari prank, Vava (Dorimbogo) yari muntu ki?
-
AbanyapolitikiImaze umunsi 1
Minisitiri w’intebe Dr. Nsengiyumva Justin ni muntu ki?