Wadusanga

Abanyapolitiki

Niba uzi UR ntakuntu waba utamuzi, Dr. Didas Kayihura ni muntu ki?

Yanditswe,

Kuya

Dr. Didas Kayihura Muganga ni umunyarwanda w’impuguke mu mategeko.

Afite impamyabumenyi y’ikiciro cya gatatu ’Masters’ mu mategeko Mpuzamahanga yavanye muri kaminuza ya  Utrecht yo mu Buholandi muri 2006.

Afite Impamyabumenyi y’Ikirenga yakuye muri Kaminuza ya Utrecht mu Buholandi muri 2015.

Afite impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya Kaminuza yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda mu bijyanye n’amategeko.

Kwamamaza

Dr Kayihura yakoze mu nzego zirimo inama nkuru y’ubutabera muri 2007-2009.

Yabaye mu nama nkuru y’Ubushinjacyaha muri 2007-2009.

Yabaye muri komite Nyobozi y’Igihugu Ishinzwe Umutungo mu by’Ubwenge muri 2007-2009.

Yagizwe Umuyobozi w’Ishami ryigisha amategeko muri Kaminuza y’u Rwanda, kuva mu 2007 kugeza mu 2009.

Kwamamaza

Kayihura yabaye Umuyobozi w’Ishami ryigisha amategeko muri Kaminuza y’u Rwanda, kuva mu 2007 kugeza mu 2009.

Yabaye Umuyobozi w’Agateganyo w’Ishuri rikuru ry’ubugeni n’ubumenyi hagati ya 2016 na 2017.

Yahawe inshingano zo kuba Umuyobozi w’Agateganyo w’Ishuri rikuru ry’ubugeni n’ubumenyi hagati ya 2016 na 2017.

Muri 2019 yagizwe umuyobozi wungirije w’inama njyanama y’umujyi wa Kigali.

Kwamamaza

Muri 2021 Dr Didas Kayihura yatorewe kuba Umuyobozi w’Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali.

Yabaye Umuyobozi Mukuru mu Ishuri Rikuru ryigisha Amategeko mu Rwanda (Institute of Legal Practice and Development).

Dr Didas Kayihura Muganga muri 2022 yagizwe Umuyobozi Mukuru w’agateganyo wa UR, asimbuye Prof. Nosa Egiebor.

Ni umunyamuryango wa the East African Law Society (EALS).

Kwamamaza

Ni umunyamueyango kandi w’ikigo Mpuzamahanga cya Kigali gishinzwe Ubukemurampaka (KIAC).

Kayihura ni umunyamuryango w’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda.

Kwamamaza #kwibuka31

Izikunzwe