Abanyapolitiki
Ni Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana ni muntu ki?

Dr Sabin Nsanzimana ni Minisitiri w’ubuzima, yageze kuri uyu mwanya mu Gushyingo kwa 2022, icyo gihe yari umuyobozi w’ibitaro bya Kaminuza CHUB.
Dr Sabin yabaye umuyobozi w’ibi bitaro yarasanzwe ayobora ikigo kigihugu gishinzwe ubuzima RBC aho yari yarahawe izo nshingano muri Nyakanga 2019.
Mbere yaho yari umuyobozi w’ishami rishinzwe kurwanya Sida n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina muri RBC .
Dr Sabin afite ubunararibonye murinporogaramu zo kurwanya Sida, gukora igenamigambi muriyo ngeri n’ubushakashatsi kubufasha bukwiriye guhabwa abantu babana niyi virusi ya Sida.
Afite impamyabumenyi mubijyanye n’ubuvuzi yavanye mu cyahoze ari kaminuza nkuru y’Urwanda na Master’s mu bijyanye n’indwara zibyorezo nayo yakuye muri Kaminuza y’Urwanda yewe mu bijyanye n’indwara zibyorezo ninaho yaboneye impamyabumenyi y’ikirenga yo kurwego rwa dogitora yakuye muri Kaminuza ya Basel mu Busuwisi.
Dr Sabin yabaye umwarimu w’ungirije muri kaminuza y’ubuvuzi rusange muri Univesrsity Grobal Health equity ndetse y’igisha no muri kaminuza y’Urwanda.
Dr Sabin Nsanzimana ni umwe mubahuguwe n’ikigo nyafurika cy’ubumenyi, ishuri rya cyami ry’abanyabugenge ba Edenberg, yanabaye umwarimu w’ungirije w’igisha muri kaminuza mpuzamahanga y’ubuvuzi n’ubuzima kuri bose .
Amaze kwandika inkuru nyinshi zurebana n’ubuzima nkimpuguke zigenda zisohoka mu binyamakuru bivuga kubirebana n’ubuvuzi byemewe kurwego mpuzamahanga.
Dr Sabin Nsanzumana niwe waruyoboye urugamba rwa tekiniki mu guhangana n’icyirezo cya Covid-19 kubufatanye n’abandi bayobozi mu nzego zubuzima , guhera muri 2020 niwe wari uyoboye itsinda nshingwanama ry’abaganga mu bya siyansi mu rwanda.
Tariki ya 16 Kanama 2024 Perezida Paul Kagame yongeye kugirira ikizere Dr Sabin Nsanzimana cyo gukomeza kuyobora Minisiteri y’Ubuzima.
Dr Sabin akunda gukina umukino njya rugamba wa karate.
-
AbahanziImaze ibyumweru 2
Gitari ye iyo ayicuranze mu ndirimbo byanze bikunze iba hit mu Rwanda, Umucuranzi Bolingo Paccy ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 4
Nta mubyeyi numwe yewe nta numuvandimwe yigeze ariko yabaye icyamamare muri cinema, BIJIYOBIJA ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 2
Yararwaye arinda apfa abantu bazi ko ari prank, Vava (Dorimbogo) yari muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 3
Yakoraga urugendo rwamasaha 10 agiye gushaka Camera, Umunyarwenya Danizzo ni muntu ki?