Abanyapolitiki
Ashinzwe imyubakire mu mujyi wa Kigali, Fabrice Barisanga ni muntu ki?

Fabrice Barisanga yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe Imyubakire n’Imitunganyirize y’Umujyi (City Engineer) n’ Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame tariki 14 Kamena 2024, asimbuye Asaba Katabarwa Emmanuel.
Fabrice Barisanga yari asanzwe ari Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubwikorezi muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo.
Afite ubunararibonye mu bijyanye n’ubwikorezi, yakoze imirimo itandukanye aho yigishije mu bigo bitandukanye ibijyanye n’ubwikorezi (Transport) anakorera ibigo byigenga n’imiryango itegamiye kuri Leta.
Yabaye Umuyobozi ushinzwe Igenamigambi n’Ubushakashatsi mu Kigo gishinzwe Ubwikorezi (RTDA).
Afite impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n’ubwikorezi yakuye muri Kaminuza ya Stellenbosch muri Afurika y’Epfo.
-
AbahanziImaze ibyumweru 3
Gitari ye iyo ayicuranze mu ndirimbo byanze bikunze iba hit mu Rwanda, Umucuranzi Bolingo Paccy ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 4
Nta mubyeyi numwe yewe nta numuvandimwe yigeze ariko yabaye icyamamare muri cinema, BIJIYOBIJA ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 2
Yararwaye arinda apfa abantu bazi ko ari prank, Vava (Dorimbogo) yari muntu ki?
-
AbahanziImaze ibyumweru 3
Gutwara PGGSS,Imishinga na Davido, yapfuye afite imyaka 33, Umuraperi w’ibihe byose mu Rwanda Jay Polly yari muntu ki?