Wadusanga

Abanyapolitiki

Kayisire Marie Solange umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ni muntu ki?

Yanditswe,

Kuya

Madamu Kayisire Marie Solange uyu ni umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu wongeye kugirirwa ikizere na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame.

Ni umwanya Marie Solange yarasanzwe ho kuva tariki ya 22 Kanama 2023.

Mbere yuko azanwa kuri uyu mwanya yaramaze imyaka itatu ari Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi yari yarawugiyeho mu kwezi kwa Gashyantare 2020.

Uyu mwanya nawo yari yawujyiyeho avanywe mu biro bya Minisitiri w’Intebe nkuwarushinzwe imirimo y’inama y’Abaminisitiri yagiyeho muri 2017.

Kayisire Marie Solange ari muri batatu babashije gusoza manda yo kuva muri 2017 kugeza 2024 kuko muri Guverinoma yashyizweho tariki ya 30 Kanama 2017 yaririmo aba Minisitiri 20 n’abanyamabanga ba leta 11, abasoje manda y’imyaka irindwi ni batatu gusa aribo Madamu Uwizeye Judith, Dr Vincent Biruta nuyu Madamu Kayisire Solange.

 

Komeza usome
Tanza igitekerezo

Shyiraho Isubizo

Email yawe ntaho izagaragara Ningobwa kuzuza ahari aka kamenyetso *

Izikunzwe