Abakora Sinema
Ni umunyarwanda w’ikirangirire ku rwego rw’Isi muri Cinema, Ncuti Gatwa ni muntu ki?

Mizero Ncuti Gatwa yavukiye muri Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali ku wa 15 Ukwakira 1992.
Ncuti yamamaye kubera filime y’uruhererekane ya Netflix yitwa Sex Education yabiciye kuri Netflix mu 2019.
Gatwa Ncuti n’umuryango we bimukiye muri Écosse mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse ni naho uyu musore yakuriye.
Amaze kwamamara muri filime zirimo “Barbie” yongeye kumwongerera agaciro muri Sinema ku Isi yose, “Masters of the Air’’ iri mu bwoko bwa filime z’intambara.
Agaragara nk’umukinnyi w’imena muri filime ya BBC izwi nka ‘Doctor Who’; yaciye ibintu mu myaka isaga 60 ishize n’izindi.
Ari no mu mukino wo gusetsa witwa ‘The Importance of Being Earnest’ wamamaye mu myaka yo mu 1880.
The Importance of Being Earnest’ ni umwe mu mikino yamenyekanye, wanditswe na Oscar Wilde. Uyu mukino wagiye hanze mu 1985.
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 4
Nta mubyeyi numwe yewe nta numuvandimwe yigeze ariko yabaye icyamamare muri cinema, BIJIYOBIJA ni muntu ki?
-
AbahanziImaze ibyumweru 2
Gitari ye iyo ayicuranze mu ndirimbo byanze bikunze iba hit mu Rwanda, Umucuranzi Bolingo Paccy ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 2
Yararwaye arinda apfa abantu bazi ko ari prank, Vava (Dorimbogo) yari muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 3
Yakoraga urugendo rwamasaha 10 agiye gushaka Camera, Umunyarwenya Danizzo ni muntu ki?