Abahanzi
Ni impanga ntiwabasha kubatandukanya, Itsinda rya Soul Brothers ni bantu ki?

Itsinda rya Soul Brothers rigizwe na Nsabimana Eylse undi akitwa Nsengimana Elie, mu muziki bahisemo gukoresha izina rya ‘Soul Brother’ mu rwego rwo kumvikanisha ko bunze ubumwe.
Iri tsinda ribarizwa i Nyamata mu Karere ka Bugesera,Ni abasore babiri bavutse ari impanga biyemeza gukora umuziki.
Bombi basanzwe ari abahanga mu gucuranga piano, bakaba n’abanditsi b’indirimbo.
Bakora umuziki ushamikiye ku ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, kubera ko bakuriye muri korali kandi bakaba bavuka mu muryango ukikijwe.
Bamaze gukora ibihangano byinshi yaba mu buryo bw’Amajwi n’amashusho,bakaba baterwa inkunga na Judy Entertainment yashinzwe na Niyonizera Judith.
Bafite ubushobozi bwo gutunganya amajwi aho akenshi bifashisha Bob Pro umwe mu bahanga U Rwanda rufite mu kunononsora umuziki.
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 4
Nta mubyeyi numwe yewe nta numuvandimwe yigeze ariko yabaye icyamamare muri cinema, BIJIYOBIJA ni muntu ki?
-
AbahanziImaze ibyumweru 2
Gitari ye iyo ayicuranze mu ndirimbo byanze bikunze iba hit mu Rwanda, Umucuranzi Bolingo Paccy ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 2
Yararwaye arinda apfa abantu bazi ko ari prank, Vava (Dorimbogo) yari muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 3
Yakoraga urugendo rwamasaha 10 agiye gushaka Camera, Umunyarwenya Danizzo ni muntu ki?