Abahanzi
Ni impanga ntiwabasha kubatandukanya, Itsinda rya Soul Brothers ni bantu ki?

Itsinda rya Soul Brothers rigizwe na Nsabimana Eylse undi akitwa Nsengimana Elie, mu muziki bahisemo gukoresha izina rya ‘Soul Brother’ mu rwego rwo kumvikanisha ko bunze ubumwe.
Iri tsinda ribarizwa i Nyamata mu Karere ka Bugesera,Ni abasore babiri bavutse ari impanga biyemeza gukora umuziki.
Bombi basanzwe ari abahanga mu gucuranga piano, bakaba n’abanditsi b’indirimbo.
Bakora umuziki ushamikiye ku ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, kubera ko bakuriye muri korali kandi bakaba bavuka mu muryango ukikijwe.
Bamaze gukora ibihangano byinshi yaba mu buryo bw’Amajwi n’amashusho,bakaba baterwa inkunga na Judy Entertainment yashinzwe na Niyonizera Judith.
Bafite ubushobozi bwo gutunganya amajwi aho akenshi bifashisha Bob Pro umwe mu bahanga U Rwanda rufite mu kunononsora umuziki.
-
Ibindi byamamareImaze ibyumweru 4
Niwe wahinduye Bibiliya mu Kinyarwanda, Karasira Juvénal ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 2
Yazize umukobwa, Umukinnyi wa filime Steven Kanumba yari muntu ki?
-
AbahanziImaze ibyumweru 4
Yabyaye impanga z’abana batatu, umuhanzi Kizz Daniel ni muntu ki?
-
Ibindi byamamareImaze ibyumweru 3
Niwe munyarwanda ushobora kuvura Diabéte igakira burundu, Dr Nduwayo Léonard ni muntu ki?