Abahanzi
Ni impanga ntiwabasha kubatandukanya, Itsinda rya Soul Brothers ni bantu ki?
Itsinda rya Soul Brothers rigizwe na Nsabimana Eylse undi akitwa Nsengimana Elie, mu muziki bahisemo gukoresha izina rya ‘Soul Brother’ mu rwego rwo kumvikanisha ko bunze ubumwe.
Iri tsinda ribarizwa i Nyamata mu Karere ka Bugesera,Ni abasore babiri bavutse ari impanga biyemeza gukora umuziki.
Bombi basanzwe ari abahanga mu gucuranga piano, bakaba n’abanditsi b’indirimbo.
Bakora umuziki ushamikiye ku ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, kubera ko bakuriye muri korali kandi bakaba bavuka mu muryango ukikijwe.
Bamaze gukora ibihangano byinshi yaba mu buryo bw’Amajwi n’amashusho,bakaba baterwa inkunga na Judy Entertainment yashinzwe na Niyonizera Judith.
Bafite ubushobozi bwo gutunganya amajwi aho akenshi bifashisha Bob Pro umwe mu bahanga U Rwanda rufite mu kunononsora umuziki.
-
AbanyamakuruImaza icyumweru 1
Yinjira mu itangazamakuru yatojwe n’umuhanzi Platini, Ismaël Mwanafunzi ni muntu ki?
-
Ibindi byamamareImaze ibyumweru 2
Niwe mu Miss Rwanda wahinduye ibintu mu buryo butatekerezwaga, Miss Nishimwe Naomie ni muntu ki?
-
AbacuruziImaze ibyumweru 4
Hagati ye na Transport mu Rwanda washyiramo ikimenyetso cya bingana, Rtd Colonel Dodo ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze iminsi 3
Umukinnyikazi wa Filime Nyambo Jessica ni muntu ki?