Ibindi byamamare
Yigeze kuba umuntu ukuze cyane kw’isi, Tomiko Itooka yari muntu ki?

Tomiko Itooka uyu muyapanikazi yavukiye i Osaka mu Buyapani tariki 23 Gicurasi 1908.
Akaba yari yarabyaye abana bane , barimo abakobwa babiri n’abahungu babiri.
Agahigo ko kuba umuntu wa mbere ukuze mu isi yari yaragahawe na Guinness World Records mu kwezi kwa Nzeri 2024.
Yajyaga avuga ko imbaraga n’ubuzima bwe bwiza no kurama yabikesheje urukundo yakundaga imineke ndetse n’ikinyobwa cyo mu Buyapani cyitwa Calpis.
Bimwe mubyo yakundaga harimo ibinyobwa bidasembuye ndetse n’imineke n’amata.
Mu gihugu cy’ubuyapani abagore bakunda kuramba ndetse bikaba ari ibintu bishimira gusa iki gihugu gikunze guhura n’ikibazo cy’umubare munini w’abaturage bageze mu za bukuru.
Yitabye Imana tariki ya 29 Ukuboza 2024.
-
Ibindi byamamareImaze ibyumweru 4
Niwe wahinduye Bibiliya mu Kinyarwanda, Karasira Juvénal ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 2
Yazize umukobwa, Umukinnyi wa filime Steven Kanumba yari muntu ki?
-
AbahanziImaze ibyumweru 4
Yabyaye impanga z’abana batatu, umuhanzi Kizz Daniel ni muntu ki?
-
Ibindi byamamareImaze ibyumweru 3
Niwe munyarwanda ushobora kuvura Diabéte igakira burundu, Dr Nduwayo Léonard ni muntu ki?