Abanyapolitiki
Niwe muyobozi w’ikigo gishinzwe ingufu kirimbuzi mu Rwanda, Dr Fidèle Ndahayo ni muntu ki?

Dr. Fidèle Ndahayo ni Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ingufu za Atomike.
Dr. Fidèle Ndahayo azwi mu burezi, akaba yarayoboye Kaminuza y’Ikoranabuhanga n’Ubugeni ya Byumba (UTAB).
Yabaye kandi umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda igihe kirekire.
Ni we wa mbere wayoboye ikigo gishya cy’ingufu za Atomike (Rwanda Atomic Energy Board).
Iki kigo cyashyizweho n’Iteka rya Perezida wa Repubulika ryasohotse mu Igazeti ya Leta yo ku wa 4 Ukuboza 2020.
Cyikaba arinacyo cyakomotseho umushinga wo kubaka ikigo cy’ubushakashatsi no gukora imiti byifashisha ikoranabuhanga rya nucléaire, [Center for Nuclear Science and Technology- CNST] kigomba kuba giherereye mu karere ka Bugesera hafi y’icyanya cyahariwe inganda n’Ishuri rya RICA.
-
AbahanziImaza icyumweru 1
Yari umuhanzi uzi indimi 6, Karemera Rodrigue wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yari muntu ki?
-
AbanyapolitikiImaza icyumweru 1
Niwe wayoboraga aba ‘GP’ muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yarishe anicisha benshi Protais Mpiranya yari muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze iminsi 2
Yamamaye muri Filime Lacasa de Papel, Professor ni muntu ?
-
Ibindi byamamareImaze ibyumweru 4
Ni umunyarwanda uzwi cyane muri IUCN, Karangwa Charles ni muntu ki?