Abanyapolitiki
Niwe muyobozi w’ikigo gishinzwe ingufu kirimbuzi mu Rwanda, Dr Fidèle Ndahayo ni muntu ki?

Dr. Fidèle Ndahayo ni Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ingufu za Atomike.
Dr. Fidèle Ndahayo azwi mu burezi, akaba yarayoboye Kaminuza y’Ikoranabuhanga n’Ubugeni ya Byumba (UTAB).
Yabaye kandi umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda igihe kirekire.
Ni we wa mbere wayoboye ikigo gishya cy’ingufu za Atomike (Rwanda Atomic Energy Board).
Iki kigo cyashyizweho n’Iteka rya Perezida wa Repubulika ryasohotse mu Igazeti ya Leta yo ku wa 4 Ukuboza 2020.
Cyikaba arinacyo cyakomotseho umushinga wo kubaka ikigo cy’ubushakashatsi no gukora imiti byifashisha ikoranabuhanga rya nucléaire, [Center for Nuclear Science and Technology- CNST] kigomba kuba giherereye mu karere ka Bugesera hafi y’icyanya cyahariwe inganda n’Ishuri rya RICA.
-
Ibindi byamamareImaze ibyumweru 4
Niwe wahinduye Bibiliya mu Kinyarwanda, Karasira Juvénal ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 2
Yazize umukobwa, Umukinnyi wa filime Steven Kanumba yari muntu ki?
-
AbahanziImaze ibyumweru 4
Yabyaye impanga z’abana batatu, umuhanzi Kizz Daniel ni muntu ki?
-
Ibindi byamamareImaze ibyumweru 3
Niwe munyarwanda ushobora kuvura Diabéte igakira burundu, Dr Nduwayo Léonard ni muntu ki?