Abanyapolitiki
Yusuf Murangwa Statistic imuba mu maraso ni Minisitiri w’imari n’igenamigambi, ni muntu ki?

Yusuf Murangwa ni Minisitiri w’imari n’igenamigambi ni umuhanga mu bijyanye n’ibarurishamibare(Statistic), ryifashishwa mu bijyanye n’Iterambere.
Murangwa afite uburambe bw’igihe kirekire kuko yayoboye ikigo cy’ibarurishamibare imyaka isaga 15 , niwe wayoboye ibarura ryo muri 2012 ndetse niryo muri 2022, mu nama y’umushyikirano yateranye ku nshuro ya 18 muri 2023 niwe wagaragaje ibyavuye muriririya barura.
Bwana Yusuf yakoze indi mirimo itandukanye irimo kuba yarabaye umuyobozi w’inama y’ubutegetsi y’ikigo cy’ikiciro cy’imisoro n’Amahoro (RRA).
Yabaye umuyobozi w’inama y’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA).
Afite impamyabumenyi ya Master’s mu bijyanye no gukoresha ibarurishamibare n’ubushakashatsi yavanye I Cardiff mu Bwongereza .
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’Urwanda Paul Kagame yamuze mugize Minisitiri w’Imari n’igenamigambi tariki ya 12 Kamena 2024 ubwo yakoraga amavugurura muri Guverinoma yongera kumugirira ikizere tariki ya 6 Kanama 2024 cyo kumugumisha murizi nshingano, akaba ari umwe mufite inshingano zikomeye mu gihugu kuko Minisiteri ayoboye niyo itegura ikanagaragaza ibikorwa bizakorwa mu gihugu ikanabishakira ingengo y’imari n’amafaranga azabikora.
-
AbahanziImaze ibyumweru 2
Gitari ye iyo ayicuranze mu ndirimbo byanze bikunze iba hit mu Rwanda, Umucuranzi Bolingo Paccy ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 4
Nta mubyeyi numwe yewe nta numuvandimwe yigeze ariko yabaye icyamamare muri cinema, BIJIYOBIJA ni muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 2
Yararwaye arinda apfa abantu bazi ko ari prank, Vava (Dorimbogo) yari muntu ki?
-
Abakora SinemaImaze ibyumweru 3
Yakoraga urugendo rwamasaha 10 agiye gushaka Camera, Umunyarwenya Danizzo ni muntu ki?